Inyigisho shingiro ry’Ukwemera Baha’i n’ubumwe bw’inyoko muntu. Twemera ko inkunga ya mbere twakogombye gutanga mw’iterambere ry’igihugu cyacu n’uguteza imbere amahoro n’ubumwe mu ngo zacu no mubaturanyi. Iyo ntego tuyiharanira dukora ibikorwa by’ibanze bine: Kwongera ubushobozi bw’ingimbi n’abangavu Inziga z’amasomo k’urubyiruko n’abakuze Ibi bikorwa bikurikiranwa n’Ukwemera Baha’i kandi bigendera ku nyigisho zawo, ariko bifunguriwe buri wese ushaka kwifatanya n’abandi agatanga umusanzu we mu mitunganyirize y’isi. Kugira ngo umenye birushijeho ku bijyanye n’ibikorwa byacu n’ukuntu wowe ubwawe cyangwa abana bawe baza kwifatanya n’abandi, kandi aho ibumoso bwawe cyangwa wifashishe aho tubarizwa. |