Aho Tubarizwa

Umuryango wacu ufunguriwe buri wese, kandi tuguhaye ikaze kwifatanya natwe dukorere ukumererwa neza kw’abavandimwe babanyarwanda n’inyoko muntu yose muri rusange.

Kugira ngo umenye aho wasura igikorwa cyacu cyangwa wifatanye natwe mu munsi mukuru, twandikire kuri iyi imeyili: info@bahairwanda.org

Ushatse kumenya birambuye kubyerekeye Ukwemera Baha’i kw’isi hose, wasura uru rubuga rwa interineti: www.bahai.org

Imeyili

info@bahairwanda.org

Aderesi y’i posta

Inteko y’Ubutungane y’Igihugu y’ababaha’i mu Rwanda

Isanduku y’iposita: 652 Kigali, Rwanda

Telefoni

Ku kazi: 0783458910