Ihuriro ry’igihugu ry’ababaha’i
Rwezamenyo Nyarugenge Kigali
Amasaha tuba duhari
Kuwa mbere kugeza Kuwa gatanu: 8:00-16:00
Kuwa gatandatu no kucyumweru: nta muntu aba ahari akenshi, ariko hari igihe habera iminsi mikuru
Ukoresheje tagisi
Fata tagisi ijya Nyamirambo igusige ku cyapa cyitwa Kosimosi noneho ukomeze imbere gato
Aho guparika
Hari ahandi ushobora guparika atari kw’ihuriro ubwaho, nko hirya y’umuhanda kw’iduka no kuri banki.