Aho Tubarizwa‎ > ‎

Aderesi


National Bahá'í Center Kigali


Ihuriro ry’igihugu ry’ababaha’i

Rwezamenyo
Nyarugenge
Kigali

Amasaha tuba duhari

Kuwa mbere kugeza Kuwa gatanu: 8:00-16:00

Kuwa gatandatu no kucyumweru: nta muntu aba ahari akenshi, ariko hari igihe habera iminsi mikuru

Ukoresheje tagisi

Fata tagisi ijya Nyamirambo igusige ku cyapa cyitwa Kosimosi noneho ukomeze imbere gato

Aho guparika

Hari ahandi ushobora guparika atari kw’ihuriro ubwaho, nko hirya y’umuhanda kw’iduka no kuri banki.