Aba Baha’i ba mbere mu Rwanda

Mu 1953, ubuyobozi muzamahanga bw’Ukwemera Baha’i bwandikiye imiryango itandukanye ya kibaha’i yo muri Afrika y’Uburasirazuba ubashishikariza kujya hirya no hino gufasha gushiraho inzego nshya za kibaha’i mu bihugu bahana imbibi. Aba Baha’i bo mu bindi bihugu nabo bitabiriye icyo gikorwa, n’uko mu 1953 Dunduzu Chisiza (umubaha’i w’umusore wo mugihugu cya Malawi) hamwe na Mary na Reginald Collison (bo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika) baje mu cyitwaga icyo gihe Ruanda-Urundi.

Umubahayi wa mbere w’umunyarwanda amateka azi yitwaga Alphonse Semanyenzi.

Kubw’imihate yabo yo gusangira n’abandi ubutumwa bwa Baha’u’llah bukiza bw’amahoro n’ubumwe, Inteko z’Ubutungane z’Umurenge za mbere mu Rwanda zaratowe mu 1963.

Gukwira ku Kwemera Baha’i mu Rwanda

Umuryango wa kibaha’i mu Rwanda mu 1994 na nyuma yaho

First Spiritual Assembly of Ruanda-Urundi, 1969
The first Spiritual Assembly of Ruanda-Urundi, elected in 1969