Inyigisho shingiro ry’Ukwemera kw'aba Bahá’í n’ubumwe bw’inyokomuntu. Twemera ko umusanzu wambere twakagombye gutanga mu iterambere ry’igihugu cyacu n’ugusakaza amahoro n’ubumwe mu ngo zacu dutuyemo no mu baturanyi.
Iyo ntego tuyiharanira dukora ibikorwa by’ibanze bigera kuri bine:
Ibi bikorwa bikurikiranwa n’Ukwemera Bahá’i kandi bigendera ku nyigisho zawo, ariko bifunguriwe buri wese ushaka kwifatanya n’abandi agatanga umusanzu we mu mitunganyirize y’isi.
Kugira ngo mumenye birushijeho ku bijyanye n’ibikorwa byacu n’ukuntu mwe cyangwa abana banyu mwakwifatanya n’abandi, kanda hepfo cyangwa mugere aho tubarizwa.